Kurikirana Ibyigisho by' Ivugabutumwa: ECD Net Event

"Ibyiringiro kuri Afurika" ni ibyigisho bidasanzwe biri kubera muri Diviziyo yo hagati n' Uburazirazuba bw' Afurika. Ni Ibyigisho bigize gahunda y' itorero ry' Abadiventisiti b'Umunsi wa karindwi y' Ivugabutumwa izageza muri 2025. Kuva ku ya 2-16 Nzeri 2023,

Pasitoro Mark Finley, umuvugabutumwa mpuzamahanga, Ari i Nairobi, muri Kenya, kugira ngo adusangize ubutumwa bw'ingenzi. Iri vugabutumwa ryahawe agaciro gakomeye kuko rizajya ritambuka mu bice byose bya Diviziyo yacu, Rizagera ku bantu babarirwa muri za miriyoni.

Abizera n'inzego zose z' Itorero zo muri iyi Diviziyo ya ECD bafite uruhare runini mu gutumira abandi kwiga ijambo ry'Imana no kubona ibyiringiro n'agakiza. Gahunda y" Ivugabutumwa ya ECD izageza muri 2025. Irakangurira buri mwizera gukorera hamwe kugirango azane byibuze umwizera mushya kuri Kristo buri mwaka. Mugukora ibi, Diviziyo yizeye gukuba kabiri abizera itorero rifite no kuzana impinduka nziza muri iki gice cy’iburasirazuba bwa Afurika no hagati.

Turakuraritse ngo uze kwifatanya natwe muriki gikorwa cyingenzi. Twese hamwe, dushobora gukwirakwiza ubutumwa bwiza muri Afurika kandi tugashyiraho ejo hazaza heza kubantu bose bashaka agakiza kuzuyemo Urukundo rw' Imana. ”Twandikire nIba hari ikibazo wagize muri ibi byigisho!"

Umunsi wa 1: 2 Nzeri, 2023


Umunsi wa 1, Nyuma Ya saa sita: 2 Nzeri, 2023


Umunsi wa 2: 3 Nzeri, 2023


Umunsi wa 3: Nzeri 4, 2023


Umunsi wa 4: Nzeri 5, 2023


Umunsi wa 5: Nzeri 6, 2023


Umunsi wa 6: Nzeri 7, 2023


Umunsi wa 7: Nzeri 8, 2023


Umunsi wa 8: Nzeri 9, 2023


Umunsi wa 8 Nyuma ya saa sita: Nzeri 9, 2023


Umunsi wa 9: Nzeri 10, 2023


Umunsi wa 10: Nzeri 11, 2023


Umunsi wa 11: Nzeri 12, 2023


Umunsi wa 12: Nzeri 13, 2023


Umunsi wa 13: Nzeri 14, 2023


Umunsi wa 14: Nzeri 15, 2023


Ibyiringiro kuri Afurika


Hope for Africa: Sabbath Baptism Afternoon

Tanga igitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *